Posted on 26 March 2012. Tags: Rwanda for treatment, Rwanda Health, Rwanda illness, Rwanda man
Tweet Dukunze kubona abagabo bamwe na bamwe bafite ku gikanu ibintu by’ibiheri binini cyangwa bitoya akenshi biba bigaragara nk’ibikovu binini. Iyo ni indwara bita Acne Keloidalis Nuchae. Madame Rugeri Umulisa Celestine, umuganga uvura indwara z’uruhu mu bitaro bya Kaminuza y’u Rwanda i Butare aratanga ibisobanuro kuri iyi ndwara. Muri rusange, iyi ndwara ikunda gufata abirabura [...]
Read the full story
Posted in Indwara
Posted on 26 March 2012. Tags: Rwanda, Rwanda abortion, Rwanda ministry of Health, rwanda research
Tweet Ubushakashatsi bwa mbere ku gukuramo inda, bwerekanye ko izigera ku bihumbi 60 arizo zikurwamo mu Rwanda buri mwaka, hafi I cyakabiri cy’abazikuramo ngo bikorwa nabi kuburyo byatera ingaruka mbi. Ubu bushakashatsi bwerekanye ko hafi y’inda zose zikurwamo ari iziba zasamwe ba nyirazo batabishaka, gusa ngo 1/3 cy’ abahura n’ibibazo nyuma y’iki gikorwa ntabwo babona [...]
Read the full story
Posted in Ubuvuzi
Posted on 26 March 2012. Tags: Rwanda, Rwanda Health, Rwanda Hospital, Rwanda Ngororero, Rwanda Nyange
Tweet Leta y’u Rwanda yahagurukiye kurwanya impfu z’ababyeyi mu gihe batwite cyangwa babyara ndetse niz’abana bavuka. Ni muri iyi gahunda akarere nako kihaye intego yo guhashya izo mpfu. Muri urwo rwego, ku bufatanye n’abatera nkunga batandukanye, akarere ka Ngororero kujuje inzu y’ababyeyi ku kigo nderabuzima cya Nyange gihererye mu murenge wa Nyange. Ubundi kuri iki [...]
Read the full story
Posted in Ubuvuzi
Posted on 26 March 2012. Tags: Rwanda, Rwanda Bugesera, Rwanda cleanness, Rwanda teeth
Tweet Abaganga barasaba abaturage bo mu karere ka Bugesera kwita ku isuku y’amenyo yabo cyane cyane bayoza mbere yuko baryama mu masaha ya ninjoro. Mu kiganiro na muganga mukuru w’ibitaro bya ADEPR Nyamata Dr. Rutagengwa Alfred avuga ko ari byiza guhita woza amenyo igihe cyose nyuma yo kurya, ariko bikarushaho kuba bikenewe cyane nijoro [...]
Read the full story
Posted in Isuku
Recent Comments