Tweet Iyo umuntu amaze kwipimisha akamenya ko abana n’ubwandu bwa Sida mu bimufasha gukomeza ubuzima neza, harimo no gufata umwanya uhagije wo kuruhuka. Mu kiganiro na Shumbusho Francine umuganga wita ku bana babana n’ubwandu bwa Sida atangaza ko mu nama aha abamugana harimo no gufata igihe gihagije cyo kuruhuka, kuko bifasha umurwayi wa Sida gukomeza [...]

Recent Comments