TweetAbagize inama njyanama y’akarere ka Nyamagabe baratangaza ko bagiye kongera imbaraga muri gahunda zo gukumira no kurwanya icyorezo cya Sida nyuma yo kubona ko Sida ari kimwe mu bibangamira iterambere. Mu kiganiro kigamije guhuriza hamwe imyumvire aba bajyanama bagiranye n’abagize komisiyo yo kurwanya Sida mu karere ka Nyamagabe, abajyanama bemeje ko icyorezo cya Sida ndetse [...]
Recent Comments