TweetMinisiteri y’ubuzima y’u Rwanda hamwe n’abafatanyabikorwa bayo mu rwego rw’ubuzima ntibahwema guhakngurira abantu bose kuryama munzitiramibu kugirango birinde indwara ya malariya iterwa n’umubu urindwa nizo nzitiramibu, ariko haracyari abinangira ntibazikoreshe nubwo baba bazihawe kubuntu. Zimwe mumpamvu abadakoresha inzitiramibu bitwaza ngo ni ubushyuhe zitera, abandi ngo zibatera kurwara uduheri no kwishimagura ku mubiri ndetse nizindi mpamvu [...]

Recent Comments