TweetIndwara y’amaso bakunze kwita “amarundi” ni indwara yandura cyane kandi ikaba ikwirakwira byihuse ku buryo itirinzwe ishobora guhinduka icyorezo. Iyi ndwara kandi yabonetse mu bigo by’amashuri bimwe na bimwe byo mu Rwanda nk’uko tubikesha ubutumwa bwa Rwanda Biomedical Center “RBC”. Iyi ndwara y’amaso iterwa na virusi bite “Adenovirus”ikaba ikwirakwira cyane ahantu hahurira abantu benshi nko [...]

Recent Comments