Tag Archive | "Rwanda contribution"

Uwimpuhwe Esperence Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza

Gatsibo: Ubwitabire mu gutanga mituweli bugeze kukigero gishimishije

TweetNyuma y’aho Akarere ka Gatsibo kaziye mu myanya ya nyumwa ku bwitabire bwo gutanga mituweli, Ndagijimana Uziel Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima, yabwiye abaturage n’abayobozi ba Gatsibo ko bakwiye kwisubiraho kuko kuba bari hasi bitavuze ko ari ikibazo cy’ubukene. Ndagijimana yakomeje abwira abayobozi n’abaturage bo mu Karere ka Gatsibo ko nk’abamaze kuzirikana agaciro k’ubuzima bwiza [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Kirehe- Barasabwa gutanga ubwisungane mu kwivuza bw’ umwaka wa 2013-2014 ku gihe

TweetKuri uyu wa 09/05/2013 mu murenge wa Gatore, ubuyobozi bw’Akarere ka kirehe  bubinyujije mu  giterane cy’amasengesho bwatangije  igikorwa cy’ubukangurambaga bushishikariza abaturage  kwitabira gutanga imisanzu y’ubwisungane mu kwivuga y’umwaka utaha wa 2013-2014 hakiri kare. Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Murayire Protais, yibukije abitabiriye iki giterane ko ari igikorwa cyo kwishimira kuko bigiye gutuma abantu barushaho kwitabira igikorwa [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Ruhango: Kwirara biri mu byatumye ubwisungane mu kwivuza butagenda neza uyu mwaka

Tweet Ubyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko kuba uyu mwaka ubwisungane mu kwivuza butaragenze neza ahanini ngo byaba byaratewe nuko habayeho kwirara kuko umwaka ubanziriza uwa 2013 ngo bari bagerageje kuwitwaramo neza. Umwaka wa 2013 akarere ka Ruhango kagize ikigeranyo cya 78% mu kwitabira ubwisungane mu kwivuza mu gihe umwaka ushize wa 2012  kari kagize [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Bugesera: Abaturage batangiye gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza bushya

TweetBamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera mu mirenge itandukanye batangiye gutanga umusanzu w’ubwisungane bushya bw’umwaka utaha. Rudasingwa John ni umuyobozi ushinzwe serivise y’ubwisungane mu kwivuza mu karere ka Bugesera, avuga ko bamwe mu baturage b’inkwakuzi batangiye gutanga ubwo bwisungane nyuma yo kumva akamaro ko kuyigira. Yagize ati “imibare y’abo baturage  bishyuye ubwisungane bushya  [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Rulindoa: buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we yaratanze ubwisungane mu kwivuza.

TweetNk’uko byakunze kugaragara ko hari bamwe mu baturage badatanga mituweri kubera kuyisuzugura no kutayiha agaciro, mu karere ka Rulindo, kuri ubu buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we afite ubwisungane mu kwivuza. bamwe abaturage bo mu karere ka Rulindo bifite, ngo ni bamwe mu badatanga ubwisungane mu kwivuza, kuko ngo iyo barwaye bahita bajya kwivuza [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Inama z’ingobyi uburyo bushya bwatumye umubare w’abatanga ubwisungane mu kwivuza wiyongera

TweetUmuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere ashima uruhare rw’abaturage mu gutanga umusanzu wo kwivuza Abaturage n’ubuyobozi bo Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera, baravuga ko kwitabira Inama z’ingobyi byatumye bongera umubare w’abitabira kwishyura ubwisungane mu kwivuza, aho bageze ku kigero cya 97% . Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rilima Gasirabo Gaspard avuga ko ubusanzwe kwishyura [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

AIDS awareness workshop in Bigogwe sector

Nyabihu records new statistics on HIV/AIDS reduction

TweetThe number of AIDS patients has decreased for the past year in Nyabihu District for the past one year from about 2000 patients in 2012 to about 1751 patients in 2013. The progress was revealed by Sostene Nzitonda, coordinator of the Committee that fights HIV/AIDS in the District CDLS. Sostene Nzitonda says even though the [...]

Read the full story

Posted in English, IndwaraComments (0)

Nyabihu: Kuba umubare w’ababana na Virusi itera SIDA waragabanutse si uko bakize

TweetNzitonda Sostene,umuhuzabikorwa wa Komite y’akarere ishinzwe kurwanya SIDA ahamagarira abaturage batandukanye cyane cyane urubyiruko kwirinda SIDA kuko ari icyorezo kibi  kitagira umuti n’urukingo. Aha hari mu murenge wa Bigogwe   Mu mwaka ushize wa 2012 mu karere ka Nyabihu, ababana na Virusi itera SIDA barengaga ibihumbi 2. Uyu mubare ukaba waragabanutse nk’uko Nzitonda Sostene, umuhuzabikorwa [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Gisagara: Intore zo muri Kigembe ziyemeje kurwanya ubwandu bushya bwa SIDA

TweetMu rwego rwo kurwanya ubwandu bushya bw’icyorezo cya Sida mu rubyiruko rwo mu karere ka Gisagara umurenge wa Kigembe, intore ziri ku rugerero zashinze Club anti- Sida aho zihabwa zikanatangira inyigisho zirebana no kwirinda Sida.  Intore MUNYANEZA J.M.V wo mu kagari ka Rubona muri uyu murenge wa Kigembe ivuga ko biyemeje guca icyorezo cya SIDA [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Huye : Gushishikariza abaturage gutanga amafaranga ya mituweri bejeje, bifasha kubyitabira

Huye : Gushishikariza abaturage gutanga amafaranga ya mituweri bejeje, bifasha kubyitabira

TweetIbi bivugwa n’umunyamabanga nshingwabikora w’umurenge wa Ngoma ho mu Karere ka Huye, Kalisa Arsène. Nta mugayo kandi, ayoboye umurenge wa Ngoma wagize ubwisungane mu kwivuza ku rugero rw’107% muri uyu mwaka. N’ubwo uyu Murenge awumazemo amezi abiri gusa, uwo yayoboye igihe kinini wa Rusatira na wo wagize ubwitabire bwa mituweri ku rugero rw’100%. Ibanga yakoresheje [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Find us on Facebook

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Advertising