Tag Archive | "Rwanda Health"

Uwimpuhwe Esperence Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza

Gatsibo: Ubwitabire mu gutanga mituweli bugeze kukigero gishimishije

TweetNyuma y’aho Akarere ka Gatsibo kaziye mu myanya ya nyumwa ku bwitabire bwo gutanga mituweli, Ndagijimana Uziel Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima, yabwiye abaturage n’abayobozi ba Gatsibo ko bakwiye kwisubiraho kuko kuba bari hasi bitavuze ko ari ikibazo cy’ubukene. Ndagijimana yakomeje abwira abayobozi n’abaturage bo mu Karere ka Gatsibo ko nk’abamaze kuzirikana agaciro k’ubuzima bwiza [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Kirehe- Barasabwa gutanga ubwisungane mu kwivuza bw’ umwaka wa 2013-2014 ku gihe

TweetKuri uyu wa 09/05/2013 mu murenge wa Gatore, ubuyobozi bw’Akarere ka kirehe  bubinyujije mu  giterane cy’amasengesho bwatangije  igikorwa cy’ubukangurambaga bushishikariza abaturage  kwitabira gutanga imisanzu y’ubwisungane mu kwivuga y’umwaka utaha wa 2013-2014 hakiri kare. Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Murayire Protais, yibukije abitabiriye iki giterane ko ari igikorwa cyo kwishimira kuko bigiye gutuma abantu barushaho kwitabira igikorwa [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Rutsiro : Bibutse baharanira ko ntawe ukwiye kuburira ubuzima aho yakabuboneye

Tweet Abakozi b’ikigo nderabuzima cya Mushubati mu karere ka Rutsiro bibutse abihaye Imana bakoraga n’abakomokaga muri paruwasi ya Mushubati, abakozi b’ikigo nderabuzima cya Mushubati, n’abarimu bo ku kigo cy’amashuri abanza cya Mushubati bazize jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uwo muhango wo kwibuka wabanjirijwe n’igikorwa cyo gusura urwibutso rwa Congo Nil ruherereye mu murenge wa Gihango [...]

Read the full story

Posted in InamaComments (0)

Ruhango: Kwirara biri mu byatumye ubwisungane mu kwivuza butagenda neza uyu mwaka

Tweet Ubyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko kuba uyu mwaka ubwisungane mu kwivuza butaragenze neza ahanini ngo byaba byaratewe nuko habayeho kwirara kuko umwaka ubanziriza uwa 2013 ngo bari bagerageje kuwitwaramo neza. Umwaka wa 2013 akarere ka Ruhango kagize ikigeranyo cya 78% mu kwitabira ubwisungane mu kwivuza mu gihe umwaka ushize wa 2012  kari kagize [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Bugesera: Abaturage batangiye gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza bushya

TweetBamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera mu mirenge itandukanye batangiye gutanga umusanzu w’ubwisungane bushya bw’umwaka utaha. Rudasingwa John ni umuyobozi ushinzwe serivise y’ubwisungane mu kwivuza mu karere ka Bugesera, avuga ko bamwe mu baturage b’inkwakuzi batangiye gutanga ubwo bwisungane nyuma yo kumva akamaro ko kuyigira. Yagize ati “imibare y’abo baturage  bishyuye ubwisungane bushya  [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Rulindoa: buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we yaratanze ubwisungane mu kwivuza.

TweetNk’uko byakunze kugaragara ko hari bamwe mu baturage badatanga mituweri kubera kuyisuzugura no kutayiha agaciro, mu karere ka Rulindo, kuri ubu buri muturage arasabwa kumenya niba umuturanyi we afite ubwisungane mu kwivuza. bamwe abaturage bo mu karere ka Rulindo bifite, ngo ni bamwe mu badatanga ubwisungane mu kwivuza, kuko ngo iyo barwaye bahita bajya kwivuza [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Akarere ka Kirehe kongereye imbaraga mu gikorwa cyo kurwanya malariya

Tweet Kuwa 23 Gicurasi 2013 mu Karere ka Kirehe habereye inama yo kurwanya Maraliya yahuje abayobozi b’ibigo Nderabuzima, abacungamutungo  n’abashinzwe gukurikirana ibikorwa by’abajyanama b’ubuzima . Kabera Michée, umukozi mu mushinga wo kurwanya malariya ku rwego rw’igihugu wari muri ibyo biganiro yavuze ko ari ngombwa  kongera imbaraga mu bikorwa byo kurwanya Maraliya kuko itashize burundu, yaboneyeho [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Inama z’ingobyi uburyo bushya bwatumye umubare w’abatanga ubwisungane mu kwivuza wiyongera

TweetUmuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere ashima uruhare rw’abaturage mu gutanga umusanzu wo kwivuza Abaturage n’ubuyobozi bo Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera, baravuga ko kwitabira Inama z’ingobyi byatumye bongera umubare w’abitabira kwishyura ubwisungane mu kwivuza, aho bageze ku kigero cya 97% . Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rilima Gasirabo Gaspard avuga ko ubusanzwe kwishyura [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Iyo nta buzima ntacyo

“Iyo nta buzima ntacyo wakora,nta buzima nta kindi gishoboka”:Murayiye

TweetKuri uyu wa 23/05/2013 mu karere ka Kirehe hateraniye inama ihuje abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari, abakozi bashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu mirenge hamwe n’abakozi bashinzwe ubwisungane mu kwivuza ku bigo nderabuzima bigize Akarere ka Kirehe mu rwego rwo kurebera hamwe uko ubwisungane mu kwivuza bwagenda neza kurushaho mumwaka wa 2013  . Umuyobozi w’akarere ka Kirehe Murayire [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Gatsibo: Koperative y’abamotari yishyuriye abanyamuryango bayo mituweli

TweetKoperative ikora akazi ko gutwara abantu kuri za moto CYTRAMORWA, ikorera mu Ntara y’iburasirazuba ikaba ifite icyicaro mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, itangaza ko yamaze kwishyurira abanyamuryango bayo bose mituweli. Nkuko bitangazwa n’umuyobozi w’iyi koperative Rwabalinda Aloys, ngo iki ni igikorwa bakoze mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bw’abanyamuryango, ngo kuko ntawe umenya [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Find us on Facebook

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Advertising