Tag Archive | "Rwanda Kamonyi"

Irari ry’ibintu rituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina ibaviramo kwandura sida

Irari ry’ibintu rituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina ibaviramo kwandura sida

Tweet Iyi ntumwa ya Rubanda yasuye Intore z’umurenge wa Runda ziri ku rugerero, tariki 11/5/2013, maze abaganirira ku buryo Sida yibasiye urubyiruko, abagira inama yo kunyurwa n’ibyo ababyeyi babasha kubabonera aho kurarikira iby’ikirenga. Depute Mukarugema aratangaza ko imibare igaragaza ko urubyiruko rufite hagati y’imyaka 18 na 24 rwandura ku kigereranyo cya 0, 8% ku bahungu [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Kamonyi: vaccination programs, children health promotion

TweetAs a way of promoting children health and vaccination programs, health centers in Kamonyi District have devised a program of setting vaccination days and moving down to the people in different sites to vaccinate children and women and this has increased the number of children that get the desired vaccinations. According to Felix Gafurumba the [...]

Read the full story

Posted in English, UbuvuziComments (0)

Kamonyi: vaccination programs, children health promotion

Kamonyi: vaccination programs, children health promotion

TweetAs a way of promoting children health and vaccination programs, health centers in Kamonyi District have devised a program of setting vaccination days and moving down to the people in different sites to vaccinate children and women and this has increased the number of children that get the desired vaccinations. According to Felix Gafurumba the [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Kamonyi: Gukingira Iseru na Rubewole birangiye 98% mu bari bateganyijwe bakingiwe

Kamonyi: Gukingira Iseru na Rubewole birangiye 98% mu bari bateganyijwe bakingiwe

TweetMuri gahunda y’icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi, mu gihugu hose hakoze igikorwa cyo gukingira abana bafite hagati y’amezi atandatu n’imyaka 15, indwara z’Iseru na Rubewole. Kuwa gatanu tariki 15/3/2013 mu karere ka Kamonyi, icyo; abana 98% bari bamaze gukingirwa. Igikorwa cyo gukingira Iseru na Rubewole cyatangiye ku wa kabiri tariki 12/3/2013 kirangira tariki [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Kamonyi: Bibuze ku rutonde rw’abarihirwa bibaviramo kutitabira Mutuweli

TweetBamwe mu baturage bataratanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza bo mu murenge wa Nyamiyaga, batangaza ko nta mikoro bafite bakuramo amafaranga yo kuriha Mutuweli. Ngo no mu mwaka ushize barihiwe na leta ariko uyu mwaka bibura ku rutonde rw’abishyurirwa. Mu karere ka Kamonyi, ubwitabire bwa Mutuweli y’umwaka wa 2012/2013, bugeze kuri 87%. Ibyo bikaba bitandukanye n’umwaka [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Imbaraga z’urubyiruko zigiye kwifashishwa

Rwanda | Kamonyi : Imbaraga z’urubyiruko zigiye kwifashishwa mu gukumira ubwandu bushya bwa virus itera Sida

Tweet Umubare munini w’abandura agakoko gatera Sida wiganjemo urubyiruko, mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya, akarere ka Kamonyi  kiyemeje ko mu bikorwa by’urugerero biteganyijwe, Intore zizafasha mu gukangurira urubyiruko ububi bwa Sida. Mu rugendo rwo kwihesha agaciro bahagarika ubwandu bushya mu banyarwanda, rwabereye kuri santeri ya Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge, kuri uyu wa gatatu [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Good nutrition a remedy to stunted growth

Rwanda : Good nutrition a remedy to stunted growth

TweetThough diseases that poor nutrition cause are reducing, the number of children affected by stunted growth is on 44percent Though stunted growth does not mean illness, the new project USAID Gimbuka that will be funded by USAID through Caritas Rwanda will be emphasizing the nutrition of children which is the basis of stunted growth among [...]

Read the full story

Posted in English, InamaComments (0)

Indyo nziza ni igisubizo ku

Rwanda : Indyo nziza ni igisubizo ku kibazo cyo kugwingira

Tweet Mu gihe mu Rwanda indwara ziterwa n’imirire mibi zigenda zigabanuka, abana bafite ikibazo cy’imikurire idahuye n’imyaka bafite baragera kuri 44%. Nubwo icyo kibazo cyo kugwingira kitagaragaza uburwayi, mu mushinga mushya umuryango USAID ugiye gufasha Caritas Rwanda, bazibanda mu kwita ku mirire y’abana kuko ari yo ntandaro y’icyo kibazo. Nk’uko bitangazwa na Karamba Silver, wari [...]

Read the full story

Posted in InamaComments (0)

Kamonyi Igikoni cy’umudugudu

Rwanda | Kamonyi: Igikoni cy’umudugudu gifasha mu gukemura ikibazo cy’imirire mibi mu bana

Tweet Muri buri mudugudu hateganyijwe ahahurira ababyeyi b’abana bafite imirire mibi, abo babyeyi baza bitwaje ibyo guteka, maze bakahasanga umujyanama w’ubuzima cyangwa umukozi w’Ikigo nderamuzima ushinzwe imirire, akaberekera uko bategura indyo yuzuye. Mu rwego rwo kwereka ababyeyi bafite abana bagaragarwaho n’imirire mibi, uko bategura indyo yuzuye, Ikigo Nderabuzima cya Kamonyi, cyahisemo kubasanga mu midugudu ngo [...]

Read the full story

Posted in InamaComments (0)

Kwipimisha ku bushake bigaragaza intambwe imaze guterwa mu kumenya ububi bwa Sida

Rwanda : Kwipimisha ku bushake bigaragaza intambwe imaze guterwa mu kumenya ububi bwa Sida

Tweet Ni byiza kwipimisha Virusi itera Sida ngo umenye uko uhagaze, ubonereho gufata ingamba z’uko wakwifata  mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya Sida n’ingaruka zayo. Bamwe mu bitabiriye gahunda yo kwipimisha ku bushake bavuga ko, iyo bamenye uko bahagaze bibafasha gutegura ejo hazaza. tariki 17/8/2012, Ikigo Nderabuzima cya Remera Rukoma, giherereye mu karere ka Kamonyi, [...]

Read the full story

Posted in IndwaraComments (0)

Find us on Facebook

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Advertising