Tag Archive | "Rwanda problem"

Ifu iba yuzuye ivumbi kubera kuyitandika ku mabaraza

Rwagitima: Ivumbi mu bicuruzwa rirateza umwanda ukabije

TweetAbaturage bahahira muri santeri ya Rwagitima mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Gatsibo, bakomeje kwinubira imwe mu myitwarire y’abacuruzi bacuruza ibijyanye n’amafu y’imyumbati, ibigori, amasaka, soya n’ibindi ngo kuko usanga ibi biribwa bifite umwanda ukabije. Bavuga ko ibyinshi muri ibyo bicururizwa mu muhanda rwagati, imodoka zatambuka ugasanga bisigayeho ivumbi, amafu yo ngo yivanga n’umukungugu [...]

Read the full story

Posted in IsukuComments (0)

Burera: Hari abumva ko abana bakiri bato batatangirwa amafaranga ya Mitiweri

TweetBamwe mu baturage bo mu karere ka Burera badatunze ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé), bavuga ko bazi akamaro ka mitiweri ariko kuba batayitunze ngo ni uko amafaranga bisaba kugira ngo bayitunge asigaye ari menshi kuburyo kuyabona bibagora. Abo baturage twaganiriye bataratanga mitiweri, abenshi bafite imiryango igizwe n’abantu benshi, bavuga ko kuba amafaranga ya Mitiweri [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Gatsibo: Baracyafite imyumvire mike mu bwisungane mu kwivuza

Gatsibo: Baracyafite imyumvire mike mu bwisungane mu kwivuza

Tweet Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo burasaba abaturage kwitabira gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, kuko iyo umuntu afite ubuzima buzira umuze ari bwo abasha gukora, bityo akiteza imbere. N’ubwo aba baturage basabwa kwihutira gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, mu kiganiro bamwe muri bo twagiranye ku wa 07 Werurwe 2013, batangaje ko batanze ubuzima bwabo, ahubwo ko bacibwa [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Kamonyi: Bibuze ku rutonde rw’abarihirwa bibaviramo kutitabira Mutuweli

TweetBamwe mu baturage bataratanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza bo mu murenge wa Nyamiyaga, batangaza ko nta mikoro bafite bakuramo amafaranga yo kuriha Mutuweli. Ngo no mu mwaka ushize barihiwe na leta ariko uyu mwaka bibura ku rutonde rw’abishyurirwa. Mu karere ka Kamonyi, ubwitabire bwa Mutuweli y’umwaka wa 2012/2013, bugeze kuri 87%. Ibyo bikaba bitandukanye n’umwaka [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

MUKAMA: BARACYAKORESHA AMAZI Y’IBINAMBA

TweetNYAGATARE: Abaturage b’umurenge wa Mukama ho mu karere ka Nyagatare barashishikarizwa gukoresha imiti yica udukoko two mu mazi nyuma y’aho imibare igaragarije ko kuri 45% by’indwara zigaragara mu kigo nderabuzima cya Muhambo kiri muri uyu murenge ari izituruka ku mikoreshereze y’amazi mabi . Cyakora ikigaragara muri uyu murenge ni uko abaturage bagikoresha amazi y’ibinamba n’andi [...]

Read the full story

Posted in IsukuComments (0)

Abaturage bubatse ivuriro nyuma yo kubungabunga inkengero z’umugezi wa Sebeya

Nyundo: abaturage bakoze umuganda wo kwiyubakira ikigo nderabuzima

TweetAbaturage bo mu murenge wa Nyundo bafatanyije n’ubuyobozi batangiye gukora umuganda wo kwiyubakira ivuriro rizuzura ritwaye akayabo ka Miliyoni 40. Ikigo nderabuzima cya Nyundo kigiye kubakwa nyuma y’imyaka cyari kimaze cyarangijwe n’ibiza biterwa n’umugezi wa Sebeya ukunze kuzura ugasenyera abawuturiye. Abaturage bakaba batarishimiye aho kimuriwe kubera ubuto bwacyo butuma badahabwa ubufasha uko bikwiye burimo no [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Prostitution leads to an increase

Nyabihu: Prostitution leads to an increase of HIV/AIDS

Tweet Prostitution is continuously being identified as the main accelerator of HIV/AIDS new infections in Nyabihu District, Sostene Nzitonda the coordinator of CDLS in Nyabihu district said that resolutions have been put in place to reduce new infections. According to the research done in this district about Prostitution, 117 people confirmed doing prostitution. A program to [...]

Read the full story

Posted in English, InamaComments (0)

Uburaya ni kimwe mu byongera ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA mu karere ka Nyabihu

Uburaya ni kimwe mu byongera ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA mu karere ka Nyabihu

Tweet Nzitonda Sostene ,Coordinateur wa CDLS mu karere ka Nyabihu,avuga ko uburaya ari kimwe mu bituma ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA bwiyongera muri ako karere N’ubwo ari akarere k’icyaro,uburaya ni imwe mu nzira ziza ku isonga zituma habaho ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA mu karere ka Nyabihu. Muri uyu mwaka hakaba hari ingamba [...]

Read the full story

Posted in InamaComments (0)

Gatsibo: barasabwa kuva mu myanya ya nyuma mu gutanga mitiweli

Rwanda I Gatsibo: barasabwa kuva mu myanya ya nyuma mu gutanga mitiweli

TweetMinisiteri y’ubuzima ivuga ko ihereye ku musaruro ugaragara mu mirima y’abatuye Akarere ka Gatsibo, kadakwiye kuza mu myanya ya nyuma mu kwitabira ubwisunganne mu kwivuza. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima, Ndagijimana Uzziel yabwiye abaturage n’abayobozi ba Gatsibo ko bakwiye kwisubiraho kuko kuba bari hasi bitavuze ko ari ikibazo cy’ubukene. Ndagijimana yagize ati “Nimushyire imbaraga mu [...]

Read the full story

Posted in UbuvuziComments (0)

Rwanda : Umunaniro ukabije ushobora gutera indwara ya paralize

TweetAbahanga mu bijyanye n’imikorere y’ubwonko, n’ibindi bice by’umubiri bavuga ko kugirango hirindwe umunaniro ukabije w’ubwonko byaba byiza abantu baruhutse mu masaha ya mbere ya saa sita kurusha kuruhuka nyuma y’iyi saha. Kunanirwa k’ubwonko ikaba ari imwe mu mpamvu zishobora gutuma bimwe mu bice by’umubiri bishobora guhagarika imikorere yabyo, hakabaho uburwayi bwa paralize. Indwara ya palalize [...]

Read the full story

Posted in InamaComments (0)

Find us on Facebook

Top Network News

Rwanda president Paul Kagame hits campaign with Jeannette Kagame, Ivan Kagame and Ange Kagame

A Voyage Through The Life Of Our Late Inyumba Aloisea , Refugee – Leader – Minister – Legend

Jeannette Kagame : Study Finds Rwanda Is “BEST PLACE” For Women Politicians

President Paul Kagame along with Jeannette , Ange and Ivan Kagame - The first family of Rwanda

Advertising