Tweet Umwe mu bajyanama b’ubuzima wo mu Murenge wa Gashora mu karere ka Bugesera Dukuzumuremyi Jean Paul atangaza ko hari ibintu bitanu bikorerwa umuntu warumwe n’inzoka. Uyu mujyanama w’ubuzima avuga ko ubutabazi bukozwe na buri wese byagabanya umubare w’abicwa n’ubumara b’inzoka. Ati “mu butabazi bw’ibanze bwakorerwa umuntu wariwe n’inzoka, ubwa mbere ari guhambira aho inzoka yariye [...]

Recent Comments